in

Bishimye nk’abatwaye igikombe! Muri APR FC bakoze ibirori bidasanzwe batumira n’abafana nyuma yo gutsinda KIYOVU SPORTS (AMAFOTO)

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Kiyovu Sports mu Gikombe cy’Amahoro bikayigeza ku mukino wa Nyuma Byari ibyishimo ku musozi wa Shyorongi.

Mu byishimo byinshi chairman wa APR F.C mu ijambo yageneye abakinnyi yongeye kubabwira ko ibyo bahora babifuzaho babibahaye kandi abasaba gukomereza aho.

Tubibutse ko APR FC izahura k’umukino wa nyuma Na Rayon Sports taliki 06 Kamena 2023 mu karere ka Huye

AMAFOTO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iby’uko Bruce Melodie yaba yaratanzemo nyirakuru igitambo kugira ngo yamamare yabivuzeho(Videwo)

Irabishaka byose: Menya igisabwa kugira ngo APR FC itware ibikombe 2 mu gihe habura imikino 2 gusa – Dore imikino ikipe 2 za mbere ku rutonde APR FC na Kiyovu Sports zisigaje