in

Biratangaje irebere umugore ufite impano idasanzwe yo kuvuza umwirongi akoresheje umwuka uturuka mu gitsina cye(Amafoto)

Umugore w’umunya-Australia Béatrice McQueef, yatunguranye mu marushanwa y’abanyempano azwi nka ‘Incroyable talent’ mu Bufaransa, acurangisha umwirongi igitsina cye.

Iri rushanwa ryatambutse kuri Televiziyo ya M6 kuwa Kabiri w’iki Cyumweru imbere y’ibihumbi by’abafana bari barikurikiye.

Béatrice McQueef w’imyaka 40 ubwo yari ageze ku rubyiniro, Karine Le Marchand umwe mu bakemurampaka yabwiye abari mu cyumba ko impano bagiye kureba itagenewe abana bari munsi y’imyaka 18, abana bari aho basabwe gusohoka.

 

Uyu mugore usanzwe ari umuganga w’indwara z’abagore, yahise akuramo imyenda hasi, acurika umutwe hagati y’intebe ebyiri amaguru ye ajya hejuru, ubundi afata umwirongi awucomeka mu gitsina cye atangira gucuranga indirimbo y’abana izwi nka ‘Frère Jacques’.

Béatrice McQueef yatangaje ko impano ye yo gucurangisha igitsina yavumbuwe ubwo yari amaze kuba inzobere mu gukora imyitozo ngororangingo izwi nka ‘acrobatie’.

Ati “Nakuze nkora imyitozo ngororangingo, najya nyikora nkatungurwa n’umwuka usohoka mu gitsina ntabishaka. Aho gukomeza guterwa ipfunwe na byo, naje gutekereza ko nabyifashisha nkora ibindi bintu bidasanzwe.”

Nibwo rero.nakomeje kugerageza ahantu henshi ngo nerekane impano yange ariko bikanga kugeza iubwo nyerekaniye hano bwa mbere.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

M Irene wabanye na Niyo Bosco igihe kirekire yagize icyo avuga kubikomeje gushinjwa uyu muhanzi ko yaba asigaye anywa urumogi

KNC yongeye kwishongora kuri Gorilla Fc maze mu burakari bwinshi avuma Fatakumavuta amwita Fatakumuvumo(videwo)