in

Birashimishije: Nyuma y’imyaka igera kuri 11 umuntu muremure ku Isi yongeye guhura n’umuntu mugufi ku Isi -AMAFOTO

Birashimishije: Nyuma y’imyaka igera kuri 11 umuntu muremure ku Isi yongeye guhura n’umuntu mugufi ku Isi.

Umunya Turkey w’imyaka 41 y’amavuko witwa Sultan niwe waciye agahigo ko kuba ari we muntu usumba abandi bose ku Isi dore ko afite uburebure bungana na 246.5 cm. uyu mugabo yahuye n’umukobwa w’Umuhindekazi witwa Jyoti Amge w’imyaka 30 y’amavuko waciye agahigo ko kuba ari we mugufi ku Isi aho uburebure bwe bungana na 61.95 cm.

Sultan na Jyoti Amge baherukaga guhura mu mwaka wa 2013 ubu bongeye guhurira muri California bifotozanya amafoto akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hirya no hino ku Isi.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwanda Ngendahayo Jérémie yakuwe muri Tour du Rwanda kubera amakosa atababarirwa yakoze

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abari n’abategarugori ( SHE-Amavubi) atewe ubwoba nahazaza h’iyi kipe asaba FERWAFA ikintu kitoroshye