in

Umunyarwanda Ngendahayo Jérémie yakuwe muri Tour du Rwanda kubera amakosa atababarirwa yakoze

Kuri uyu munsi umusore witwa Ngendahayo Jérémie ukinira May Stars yakuwe muri Tour du Rwanda bageze ku Gace ka Kane kakiniwe mu muhanda Karongi-Rubavu.

Ni nyuma yo gufata ku modoka ubwo yari ari mu masiganwa na bagenzi be akaba yaciwe amande y’ibihumbi 290 Frw.

Si ibyo gusa kuko yakurwaho amanota 50 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi, UCI.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma ya Aruna Moussa Madjaliwa undi mukinnyi wari uhetse Rayon Sports muri iki gihe yagize ikibazo cy’imvune

Birashimishije: Nyuma y’imyaka igera kuri 11 umuntu muremure ku Isi yongeye guhura n’umuntu mugufi ku Isi -AMAFOTO