in

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abari n’abategarugori ( SHE-Amavubi) atewe ubwoba nahazaza h’iyi kipe asaba FERWAFA ikintu kitoroshye

Nibagwire Sifa Gloria usanzwe ukinira ikipe y’igihugu (SHE-Amavubi) ndetse n’ikipe ya AS Kigali WFC avuga ko ihangana rihari mu cyiciro cya mbere mu bari n’abategarugori gusa akavuga ko abakina bose bari mu kigero kimwe bigoye kubona abinyuma yabo bakina umupira w’amaguru.

uyu kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abari n’abategarugori akomeza asaba amakipe arimo AS Kigali WFC akinira, Rayon sports WFC na APR WFC gushyira imbaraga mu guteza imbere impano z’abato ariko akavuga ko n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) rikwiye guha agaciro umupira w’abari n’abategarugori a nkako riha uwa bagabo

 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birashimishije: Nyuma y’imyaka igera kuri 11 umuntu muremure ku Isi yongeye guhura n’umuntu mugufi ku Isi -AMAFOTO

Neymar Jr yakoreye igikorwa gikomeye Dani Alves ugiye kumara imyaka ine muri gereza