in

Birarenze:Umusore bagiye kumushyingura bamusanga ateze moto ku muhanda.

Umusore wari wapfuye yafotowe ahagaze ku muhanda i Douala, agace kavuga igifaransa muri Kameruni. Uwasangije iyi nkuru kuri Facebook ADE Divine yavuze ko uyu musore witwa Junior Njenkal witabye Imana nyuma yo kunywa inzoga nyinshi. Amaze gupfa azize kunywa inzoga, yashyizwe mu buruhukiro maze mu gihe umuryango we witeguraga kumushyingura, umuturanyi we yamubonye ari kure cyane mu mfuruka y’umuhanda ategeze moto.

Uyu muturanyi ngo yanze kwizera amaso ye, avanayo telefoni ye maze afata amafoto y’uwo musore wari utegereje kujya kuri moto yari itwaye abantu babiri. Amakuru avuga ko nyina w’uyu mwana yageze ku murambo kugira ngo bajye kumushyingura ariko bamubwira ko sekuru w’umuhungu wapfuye na se na baje bakajyana umurambo.Uyu musore wavutse muri 2000 yapfuye muri 2020.

Yari ategereje moto

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamenya yerekanye umukobwa umurutira Fiancée|bahishuye uko bamenyanye

Nyuma yo kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2021, Miss Ingabire Grace agiye kwitabira irindi rushanwa rikomeye.