in , ,

Birangiye Andereya, Petero na Pawulo bahuye na Bruce Melodie

Abavandimwe Andereya, Pawulo na Petero bari mubari babukereye bagombaga kwitabira igitaramo cya Bruce Melodie cyabereye muri Kigali Arena kuruyu wa gatandatu cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki. Aba bavandimwe bakunzwe batuye mu mujyi wa Musanze bakaba baraje ikigali bazanywe n’umunyamakuru yago maze kuruyu wa gatandatu bakaba bari mumbaga yabitabiriye iki gitaramo cya Bruce Melodie.

Nyuma yo kwitabira iki gitaramo bagakata umuziki kakahava, baje guhura n’umuhanzi Bruce Melodie nyuma y’igitaramo maze bafata agafoto k’urwibutso. Melodie kandi yanaboneyeho gushimira aba bavandimwe kuba baraje kumushyigikira.

Nyuma yigitaramo bafashe ifoto yurwibutso

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyishimo byamurenze nyuma yo gusoza kaminuza ku myaka 93 ari mu ba mbere

Amafoto y’imodoka ikozwe mu birahuri ,ikomeje gutangaza benshi.