in

NdabikunzeNdabikunze

Amafoto y’imodoka ikozwe mu birahuri ,ikomeje gutangaza benshi.

Tekereza wicaye mu modoka mu Rwanda cyane cyane nko mu mujyi wa Kigali, ahaba abantu benshi ,ariko nanone abantu bakaba babasha kureba ibintu byose biri mu modoka imbere, yaba abantu bayicayemo, ibyuma biyikoze, ndetse nibindi.Uko urimo kubyumva ninako iyi modoka idasanzwe iteye.

Ni imodoka yakozwe n’ikigo TRW Automobile ndetse ikaba yarerekanywe ku nshuro ya mbere mu mujyi wa Frankfurt mu budage ,mu birori byo kwerekana imodoka.Iyi niyo modoka ya mbere igiye ahagaragara ibonerana.kubera ko ariyo yambere igiye hanze ikozwe gutya yavugishije benshi bibaza bati:”ese ikora ite cyangwa ibyiza byayo ni ibihe?

Iyi ,modoka yitwa “transparent car” ikoranye ubuhanga bwinshi kuko ishobora kwitwara cyangwa se ukayitwara bitewe nuko uhisemo.Abakoze iyi modoka bashatse ko abagira amatsiko yuko imodoka ikora iyo iragenda babashe kubibona.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birangiye Andereya, Petero na Pawulo bahuye na Bruce Melodie

Ese Rocky Kirabiranya yaba ari murukundo n’umuzungukazi?