in

Birabangama: Menya byinshi utigeze wumva na matwi yawe ku mikingo iza ku ruhu rw’umutwe wawe

Abagabo benshi bakunze kugira ikibazo cyo kuzana imikingo mu mutwe aho uruhu rwabo rwo mu mutwe ruba rwaraciyemo utuyira tumeze nk’imiyoboro y’amazi.

Abanshi bibaza igitera icyo kibazo bikabayobera, muri iyi nkuru tugiye kukubwira igitera uruhu gukora imiyoboro nk’iyamazi acamo.

Izuba

Imirasire y’izuba, iri mu ruhambe rwo gutera icyo kibazo kuko ituma uruhu rwizinga rukoramo imikingo.

Imyaka

Uko umuntu agenda akura hari igihe uruhu rutakaza ubudahangarwa bigatuma icyo kibazo kibaho.

Kutanywa amazi

Kuko afite umumaro wo koroshya uruhu, iyo utayanyweye bituma rukanyarara bigatuma rutangira no kwizinga.

Kunywa itabi

Uburozi buba mu itabi bwangiza collagen na Elastin bigatuma imikingo iza.

Si ibyo gusa bibitera kuko bishobora guterwa n’uwo ukomoka (abasekuruza), stress, uburyo wiyogosheshamo ndetse n’ibindi byinshi bitandukanye.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo nyakuri! Byinshi ku nkuru itangaje y’umukobwa wemeye kureka ibye ahitamo kwisangira umusore yihebeye udafite amaboko

Iyo uhumetse bapfuka amazuru? Dore ibiribwa bitanu byagufasha kwirukana impumuro mbi mukanwa kabone ntubwo yaba yarakuzengereje