in

Birababaje: Nyuma yuko umugore yishwe n’igare umugabo nawe yishwe n’ikamyo nta mwaka ushize

Umuhanzi yitwa Nkurikiyimana Cleophace, umugore akitwa Nyirabarihima Veneranda wo mu kagari ka Joma washakiye mu kagari ka Kageyo, aho bitabye Imana basiga abana batanu, abakobwa bane n’umuhungu umwe.

Nkurikiyimana Cléophase yitabye Imana muri Mata 2022, ubwo yari atwaye igare agongwa n’umunyonzi na we wari utwaye igare ahita apfa, naho umugore we yaguye mu mpanuka y’imodoka yabaye tariki 04 Mutarama 2023.

Kigali to day arinayo dukesha iyi nkuru yashatse kumenya neza amakuru ku byago byagwiriye uwo muryango, ubuzima ba Nyakwigendera bari babayeho, n’imibereho y’abana, yegera Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Joma Murekatete Valentine, aho Nyirabarihima avuka.

Bakomeje kwita kuri abo bana ba nyakwigendera mu buryo bushoboka bwose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mushiki wa Rocky Kimomo wiyita Ndabaga nawe yinjiye mu mwuga wo gusobanura filime

Bose ntabakunzi bafite; Kajala Nyuma yo guterwa uwinyuma na Harmonize yahaye umukobwa we impano y’imodoka