in

Bijoux yahaye igisubizo gitangaje umufana we wamubajije niba yaratandukanye na Lionel Sentore

Aline Munezero wamamaye cyane ku izina rya Bijoux akaba ari umwe mu bakinnyi bakina muri Bamenya Series yasubije umwe mu bafana be wamubajije niba yaratandukanye na Lionel Sentore bakoze ubukwe. Ni nyuma yuko Bijoux yari amaze gusaba abamukurikira kuri instagram ko bamubaza ibibazo bitandukanye maze nawe akabasubiza.

Umwe mu bafana ba Bijoux yahise amubaza mu magambo agira ati « Ese byotunva nibyo koko watandukanye na sentore ». Bijoux yahise amusubiza mu magambo agira ati « Muzumva nibindi ahubwo reka nzabisubirize rimwe byabaye byishi ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports na Kiyovu Sports zongeye guhanganira umukinnyi ukomoka muri Nigeria

Krishna wamamaye mu gukina mu ma Filime y’ibihinde yitabye Imana azize uburwayi