in

Krishna wamamaye mu gukina mu ma Filime y’ibihinde yitabye Imana azize uburwayi

Krishna wamamaye mu gukina mu ma Filime y’ibihinde yitabye Imana azize uburwayi.

Umunyabigwi wamamaye muri filime z’igihinde Krishna yitabye Imana ku myaka 79 azize uburwayi.

Ghattamaneni Siva Rama Krishna Murthy yahumetse umwuka wa nyuma saa munani z’urukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Ugushyingo 2022.

Times Of India itangaza ko ku wa Mbere Krishna yagize ikibazo cy’umutima ajyanwa ku mu bitaro abaganga bagerageza kumufasha ariko akomeza kugira ibibazo byo guheka kugera ashize umwuka.

Muri Mutarama hari hapfuye umuhungu wa Krishna, muri Nzeri hapfa umugore we.

Yamamaye muri filime zitandukanye Gudachaari 116 , Mosagallaku Mosagadu, PandantiKapuram, Devudu Chesina Manushulu, Alluri Seetharama Raju , Ram Robert Rahim , Mundadugu, Simhasaasanam n’izindi nyinshi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bijoux yahaye igisubizo gitangaje umufana we wamubajije niba yaratandukanye na Lionel Sentore

Ronaldo ntabwo azongera kunkinira mu ikipe ukundi – umutoza Erik Ten Hag abwira ubuyobozi bwa Manchester United