in ,

Benshi ntabwo bari bamuzi: Umukinnyi umwe rukumbi ukinira ikipe yo mu ntara hano mu Rwanda niwe wenyine uzakina imikino y’igikombe cya Afurika mu bakinnyi bose bakina muri shampiyona y’u Rwanda -AMAFOTO

Benshi ntabwo bari bamuzi: Umukinnyi umwe rukumbi ukinira ikipe yo mu ntara hano mu Rwanda niwe wenyine uzakina imikino y’igikombe cya Afurika mu bakinnyi bose bakina muri shampiyona y’u Rwanda.

Umunyezamu Modou Jobe ukinira ikipe ya Musanze FC yo mu majyaruguru y’u Rwanda akaba umuzamu w’ikipe y’igihugu ya Gambia byamenyekanye ko ari we mukinnyi umwe rukumbi ukina muri Rwanda Premier League uzagaragara mu mikino y’igikombe cya Afurika (AFCON 2024) nyuma yo guhamagarwa n’umutoza Tom Saintfiet utoza Gambia.

Modou Jobe niwe mukinnyi w’umunyezamu umaze gukinira ikipe y’igihugu ya Gambia izwi ku izina rya The Scorpions imikino myinshi.

Amafoto y’umuzamu wa Musanze FC Modou Jobe uzakina imikino y’igikombe cya Afurika:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye ikipe ikomeye hano mu Rwanda iri inyuma y’ibaruwa Mugunga Yves yandikiye ikipe ya Kiyovu Sports none na RIB ikaba ishobora kubizamo

Umunyamakuru w’imikino mu Rwanda yagizwe umutoza mukuru wa APR