in

Benshi bapfa kwambara batazi ubusobanuro n’impamvu, reba icyo bivuze kuri buri gutoki wambayeho impeta

Bamwe mu bantu bafpa kwambara impeta batazi icyo zisobanuye abenshi bazi impeta ya marriage ndetse n’iyafiyansayi gusa hari ibisobanuro bya buri gatoki.

1.Igikumwe

Iyo ushyizeho impeta biba bisonura ko wigenga, utavugirwamo, kandi ko unikunda.

2.Urukurikira igikumwe

Ibi bisobanura ubutware kuko ari na rwo bakoresha iyo umuntu agutunga urutoki ashaka.

3.Urutoki rurerure(urwohagati)

Kurwambika impeta bisobanura ko umuntu ahamya ko afitiye umuryango (sosiyete).

4.Mukuruwameme

Uru ni urutoki rujyaho impeta isobanura ko umuntu yarangije kugira uwo ahitamo akamwegurira ubuzima bwe bwose, bivuze ko yambarwa n’abashyingiranye.

5.Agahera

Uru ni urutoki ruto kurusha izindi kwambaraho impeta bisobanuye ko ufite undi ukugaragiye mu mibanire yawe n’abandi cyangwa se ufite imbogamizi z’igitsina uri cyo.

Kwambara ku ntoki zose

Ibi bisobanura ko nta mutekano ufite, cyangwa se ko abandi bakubona uko wowe utari.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikombe cy’isi: Australia yihaye kwataka u Bufaransa bubibyarira amazi nk’ibisusa!

Rayon Sports ifatanyije na SKOL bahisemo abakinnyi 3 bazakurwamo umwe urahembwa nk’umukinnyi wahize abandi w’ukwezi kwa 10