in

Batangiye gusenga ngo imutware: Abakunzi ba Manchester United barikwinginga Imana ngo ibakize umukinnyi wari ngenderwaho muri iyi kipe

Batangiye gusenga ngo imutware: Abakunzi ba Manchester United bari kwinginga Imana ngo ibakize umukinnyi wari ngenderwaho muri iyi kipe.

Abarimo umunyamakurukazi Rigoga Ruth yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko yifuza cyane ko myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza Harry Maguire ukinira Man U ikipe ya Everton yabafasha ikamugura kubera urwego ruri hasi uyu mukinnyi yagiye agaragaza.

Harry Maguire utifuzwa n’abakunzi ba Man U:

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma y’uko Rigoga Ruth agaragaje ko Imana imufashije uyu mukinnyi yabavira mu ikipe:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafotozi bawe ushobora kuba ubahemba neza kuko baragowe! Isimbi Noelline akomeje kwifotoza mu buryo budasanzwe – Amafoto

Sugira Ernest yiryamiye i Nyarugenge