in

Basore mujye mumenya ubwenge! Dore impamvu nziza ituma umusore agomba gushaka no gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo

Basore mujye mumenya ubwenge! Dore impamvu nziza ituma umusore agomba gushaka no gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo.

Akenshi abasore baba bavuga ko batashaka abakobwa babyariye iwabo, ndetse n’abakobwa rimwe na rimwe bakiheba bibwira ko nta mugabo uzapfa kubemera.

Gusa hari ibanga ry’urukundo ryihishe muri aba bagore babyariye mu rugo gusa abasore batazi.

Aba bakobwa babyariye iwabo, iyo bagiye mu rukundo barujyamo bari seriye kandi bashaka kubaka, bityo niba bakobwa badashobora kukugora mu rukundo.

Kandi aba bakobwa ntago baba bashaka iraha ahubwo baba bashaka icyabateza imbere kugirango bazubake urugo rukomeye.

Ni gake cyane uzabona umukobwa wabyariye mu rugo akwaka a mafaranga, ubundi ntibikunze kubaho kuko baba bazi icyo bashaka.

Dore ko aba bakobwa burya ngo bagira n’umwihariko mu kunoza inshingano z’amabanga y’urugo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ako kuba inshuti bisanzwe niko kabi: Menya amayeri n’amagambo abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore babashakaho urukundo

Iya Aliah Cool ni igikoko! Dore abakobwa batunze imodoka nziza cyane kurusha abandi bakobwa bo muri Kigali (AMAFOTO)