in

Ako kuba inshuti bisanzwe niko kabi: Menya amayeri n’amagambo abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore babashakaho urukundo

Ako kuba inshuti bisanzwe niko kabi: Menya amayeri n’amagambo abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore babashakaho urukundo.

Akenshi abakobwa basaba abahungu ko baba inshuti bisanzwe iyo babuze uburyo babaha urukundo.

Si ubwo buryo babivugamo kuko hari n’bundi bwinshi bakoresha, ubwo buryo ni ubu bukurikira;

  • Tube inshuti zisanzwe
  • Ntabwo nzashaka
  • Mpugiye ku kazi kanjye/amashuri yanjye
  • Ntituri ku rwego rumwe urandenze
  • Sinjya nganira n’abahungu aho nkorera/​niga
  • Mfite indi nshuti y’umuhungu
  • Nta gahunda ndafata
  • Singukunda muri ubwo buryo
  • Ndacyari umwana
  • Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bari abakera koko, umugabo muzima umugore yamugaraguriye mu muhanda rwa gati amukubita nk’izakabwana(Videwo)

Basore mujye mumenya ubwenge! Dore impamvu nziza ituma umusore agomba gushaka no gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo