in

Barayikizwa niki?: Perezida wa FC Barcelona yatangaje inkuru iryoheye amatwi abakunzi ba FC Barcelona ku munyabigwi wabo Leo Messi

Ikipe ya FC Barcelona nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’igihugu cya Espane habura imikino 4 ngo iyi Shampiyona irangire ibyishimo byayirenze maze Perezida wayo atangaza amakuru yifuzwa n’abakunzi bayo.

Perezida wa FC Barcelona Laporta yemeje ko gahunda yo kugaragara umunyabigwi Lionel Messi mu ikipe ya FC Barcelona ikomeje kandi cyane nk’uko ikinyamakuru Routine of Nepal Banda dukesha iyi nkuru cyabitangaje.

Mu magambo ya Perezida wa FC Barcelona yagize ati:” Tuzakora buri kimwe kugira ngo tugarure Leo Messi muri Barcelona” iyi n’inkuru nziza ku bakunzi ba FC Barcelona banyotewe cyane no kongera kwitwara neza mu irushanwa rya Uaefa Champions League bamaze igihe bateramo ikuzo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Umunsi mwiza w’abagore mu ijuru’ Meddy yifashishije ifoto ari kumwe na mama we maze amwifuriza umunsi mwiza w’ababyeyi b’abagore – IFOTO

“Ubuse aziko twabyibagiwe” Telefoni Pamela yari afite mu myaka yashize ubwo yari atarigondera iPhone yabaye inkuru(ifoto)