in

“Ubuse aziko twabyibagiwe” Telefoni Pamela yari afite mu myaka yashize ubwo yari atarigondera iPhone yabaye inkuru(ifoto)

“Ubuse aziko twabyibagiwe” Telefoni Pamela yari afite mu myaka yashize ubwo yari atarigondera iPhone yabaye inkuru(ifoto)

Kuri ubu biragoye kubona Icyamamare gifite telefoni itari mu zigezweho, Pamela na we ari mu muryango w’icyamamare bifite ama telefoni yihagazeho dore ko bakunda kuyagaragaza ubwo baba bifotorera mu birahure.

Gusa n’ubwo bimeze bityo mbere y’uko Pamela atunga izi Telefoni zihenze yahereye ku ziciriritse nk’abandi bose.

Icyo gihe hari muri 2019 ubwo Pamela yari ari mu majonjora ya Miss Rwanda, icyo gihe byagaragaye ko yari afite Telefoni yo mu bwoko bwa Tecno W5.

Dore bamwe mu babonye Telefoni yakoreshaga icyo gihe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Barayikizwa niki?: Perezida wa FC Barcelona yatangaje inkuru iryoheye amatwi abakunzi ba FC Barcelona ku munyabigwi wabo Leo Messi

Nawe afite inyinya! Ariel Wayz yageneye impano mama we – VIDEWO