in , ,

Abari batuye muri Sudan ba bonanye n’imiryango yabo: Bamwe amarira yashokaga ku matama kubera ibyishimo byari bivanze n’urukumbuzi (video)

Umuntu wese ku Isi iyo ahuye n’ibibazo bimukomereye bishobora no gutwara ubuzima bwe kandi atari hamwe n’umuryango we abayumva ubuzima bumukomereye cyane ku buryo atangira no kwiheba yibaza uko azabona abe nibyo byabaye ku baturage babaga mu gihugu cya Sudan cyugarijwe n’umutekano muke.

Abanyarwanda babaga mu gihugu cya Sudan kiri kurangwa n’umutekano muke muri iki gihe bakiriwe ku kibuga cy’indege cya Kigali i kanombe maze ibyishimo birabarenga basuka amarira twakita ayi byishyimo ndetse avanze n’urukumbuzi rwinshi bari bafitiye imiryango yabo ku buryo bugaragarira amaso.

Leta y’u Rwanda nk’uko isanzwe ifasha buri munyarwanda wese ititaye aho aherereye ntago yari kwemera ko abanyarwanda bari mu gihugu cya Sudan bashobora kugirirayo ikibazo icyo aricyo cyose cyababaho ni muri ubwo buryo yafashe icyemezo cyo gucyura Abanyarwanda bose babaga mu gihugu cya Sudan bakiri bazima.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imutikuye umutwe wanyuma ahita ashiramo umwuka: Umukumbi w’intama waviriyeho umugabo inda imwe uramutikura kugeza igihe apfiriye(Videwo)

Isengesho rirarikoze: Muri APR FC hamanyekanye umukinnyi ushoboye ariko udashobotse wagiranye amakimbirane na mugenzi we bapfa gusenga