in

Jimmy Gatete yasesekaye i Kigali, menya ibyo yaganiriye n’itangazamakuru.

Rutahizamu wakiniye amakipe atandukanye hamo mu Rwanda arimo APR FC na Rayon sports ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yageze i Kigali .

Jimmy Katete jaye mu muhango wogufungura ku mugaragaro inzu y’imikino nshya inzwi nka “Kigali Universe” iherereye mu mujyi rwagati.

Gusa uyu Rutahizamu aganira n’itangazamakuru abajijwe niba ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryaba ryaramwegereye yavuze ko ritamwegereye ariko ko yiteguye gutanga umusanzu we mu kubaka Siporo y’u Rwanda mugihe azaba yitabajwe.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuyobozi wa RGB yemeje ko abafana ba Rayon sports bishimiye uburyo ikipe yabo iyobowe uretse abari bafitemo inyungu zabo bwite.

Uwayezu Jean Fidèle yaherekeje abakinnyi be bajya ku ivuko kumurika ibikombe begukanye uyu mwaka – AMAFOTO