in

Jimmy Gatete yavuze abakinnyi b’ibihe byose kuri we yakinanye nabo mu Rwanda ndetse n’umukino wamushimishije kuruta indi yose

Rutahizamu w’ibihe byose mu Rwanda, Jimmy Gatete mu kiganiro yagiranye na Radiyo Rwanda, muri byinshi yarangaje, yagarutse ku mukino wamushimishije kuruta indi ndetse anavuga abakinnyi 11 b’ibihe byose yakinanye nabo mu Rwanda.

Jimmy Gatete yagize ati “Kuri njye, umukino wa Mukura VS n’ikipe y’i Bugande yitwa KCCA wansigiye ibintu byinshi cyane.”

Abakinnyi 11 b’ibihe byose ba Jimmy Gatete.

Mu izamu: Murangwa Eugene

Abinyuma: Katauti Ndikumana, Sibo Abdul, Kalisa Claude na Bizagwira Leandre

Abakina hagati mu kibuga: Witakenge, Olivier Karekezi, Jimmy Mulisa.

Abataha izamu; Gatete Jimmy, Kabongo Honore , Desire Mbonabucya.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ruhango! Abaturage batewe ubwoba abandi batungurwa no kubona umugabo bari baraye bashyinguye babyutse babona arimo agenda n’amaguru nta kibazo nakimwe afite

Hagaragaye amafoto ya Dogiteri Nsabi wakomerekeye bikomeye mu mpanuka yakoze mu modoka yari kumwe na Bijiyobija – AMAFOTO