in

Hagaragaye amafoto ya Dogiteri Nsabi wakomerekeye bikomeye mu mpanuka yakoze mu modoka yari kumwe na Bijiyobija – AMAFOTO

Umunyarwenya, NSABIMANA Eric wamamaye nka Dogiteri Nsabi, nyuma y’byumweru bicye akoze impanuka, ubu yashyize hanze amafoto agaragaza uburyo yakomeretse bikomeye ku mutwe ndetse no ku kuguru.

Tariki 21 Mata 2024, nibwo Dogiteri Nsabii, ari kumwe na Bijiyobija bakoze impanuka ikomeye ubwo imodoka barimo yagonganye na Daihatsu akubita umutwe ku ntebe, akomereka bikomeye hejuru y’ijisho.

Bahise bajyanwa mu bitaro bya Gakenke bitabwaho n’abaganga nyuma y’umunsi umwe barasezererwa.

Nsabi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangiye gusangiza abamukurikira amafoto ya nyuma yo gukora impanuka, ashima Imana ko aho yakomeretse hari gukira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jimmy Gatete yavuze abakinnyi b’ibihe byose kuri we yakinanye nabo mu Rwanda ndetse n’umukino wamushimishije kuruta indi yose

Rurangiranwa Jimmy Gatete yahishuye ko amanyanga ya Rayon Sports ariyo yatumye imwibikaho ndetse anavuga impamvu atagiye gukina i Burayi