in

Bamwanga urunuka: Lionel Messi yongeye kwerekwa urwango rutagira ingano n’abafana ba Paris Saint Germain

Umukinnyi wa mbere ku Isi Lionel Messi nk’uko ibikombe yatwaye bibyemeza yongeye kuvugirizwa induru n’abafana b’ikipe ya Paris Saint Germain mu ijoro rya keye.

Lionel Messi wari umaze iminsi mu bihano nyuma yo kujya mu gihugu cya Saudi Arabia adasabye uruhushya ikipe ya Paris Saint Germain akaza gusaba imbabazi ndetse akazihabwa yaraye avugirijwe induru na bakunzi b’ikipe ya Paris Saint Germain badahwema kumweraka ko batamwishimiye mu mukino iyi kipe yanyagiragamo ikipe ya Ac Jacia.

Lionel Messi wamaze gutangaza ko atazongera amasezerano mu ikipe ya Paris Saint Germain ubwo iyi kipe yakiraga ikipe ya Ac Jacia ku kibuga Parc des Prince ku isaa tatu z’ijoro bakayitsinda ibitego 5 ku busa Lionel Messi ntiyeretswe urukundo n’abafana kuko yafataga umupira bakamuvugiriza induru ariko abandi bakinnyi bawufata bagakomerwa amashyi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uwambaye impeta z’ubutwari”Bwambere Rumaga yerekanye Mama we ku mugaragaro ubundi aramutaka karahava(Amafoto)

“Mama Pendo umwamikazi wange” Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo yerakanye Mama we maze atangaza amagambo ahambaye ku mubyeyi we