in

“Mama Pendo umwamikazi wange” Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo yerakanye Mama we maze atangaza amagambo ahambaye ku mubyeyi we

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda Anita Pendo wamamaye ubwo yari umushyushya rugamba yerekanye umubyeyi we mwiza cyane maze amwifuriza umunsi mwiza w’ababyeyi mu magambo ahambaye.

Anita Pendo abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto y’umubyeyi we maze arenzaho ati:”Isabukuru nziza y’abadamu mama Pendo umwamikazi wange” akimara kwandika aya magambo yahise arenzaho imitima itagira ingano ku buryo byaragazaga ko amukunda urukundo rutavangiye nk’umubyeyi wa mwibarutse.

Ifoto ya Mama w’icyamamare Anita Pendo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwanga urunuka: Lionel Messi yongeye kwerekwa urwango rutagira ingano n’abafana ba Paris Saint Germain

Bamusomeye icyarimwe ku matama: Anita Pendo yeretswe urukundo na bakunzi be nyuma yo kubona ifoto ari gusomwa n’abahungu be babiri