in

“Ballon d’Or ni iye rwose” Rutahizamu wa Rayon Sports WFC uburyo yishimira gutsinda igitego buratangaje – AMAFOTO

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori, witwa Zabayo, akomeje kugarukwaho n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, bavuga ubwinshi bw’ibitego amaze gutsinda ndetse n’ukuntu yishimira kubitsinda mu buryo budasanzwe.

Zabayo iyo amaze gutsinda igitego, ahita atera ibyinyuma byinshi cyane, siporo zisanzwe zimenyerewe ku bahungu.

Uyu mukobwa amaze gutsindira Rayon Sports WFC ibitego 60 ndetse atanga imipira ivamo ibitego 20, bivuze ko amaze kugira uruhare mu bitego 80, mu mikino 26 amaze gukinira ikipe ye.

Hari abatatinye kuvuga ko Zabayo akwiriye guhabwa igihembo cy’umukinnyi mwiza ku Isi ‘Ballon d’Or’.

Reba bimwe mu byavuzwe kuri rutahizamu wa Rayon Sports WFC Zabayo:

Uburyo Zabayo yishimira gutsinda igitego

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwagiye mukora ibyo mushoboye! Umukobwa yateruye ariteri arinyarira – Amashusho

Bimukozeho! Umupasiteri wishinze Paul Mackenzie washutse abarenga 100 ngo biyicishe inzara bazahura na Yesu, yafatiwe imyanzuro ikakaye