in

Bakimuteyeho ananirwa guhumeka, umukobwa yitabye Imana nyuma yo kwibagisha ikibuno

Umukobwa w’imyaka 23 uzwi ku izina rya Destiny Benjamin wo mu gihugu cya Nigeria, yitabye Imana nyuma y’iminsi ine abazwe ngo agire ikibuno kinini mu gikorwa cyitwa Butt Lift yo muri Berezile (BBL) byabereye muri Cynosure Aesthetic Plastic Surgery i Lagos.

nyiri ibitaro bya Cynosure Aesthetic Plastic Surgery, Dr. Ogbe Omoruyi, yahakanye aya makuru avuga ko uyu mukobwa yapfiriye mu bitaro mu gihe cyo kubagwa.

Yagize ati: “Ni umukobwa w’imyaka 23 ukurikije ibyo yanditse ku nyandiko, yemeje ko kandi kubagwa kwagenze neza ndetse anashimira ababimukoreye”

Akomeza agira ati: “Nshobora kukwereka mu nyandiko yacu kugira ngo nerekane ko ibintu byose byari byagenze neza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abahinduranya nk’uhindura imyenda y’imbere: Umwami w’abana Davis D yagaragaye ari kumwe n’indi nkumi y’ikizungerezi – AMAFOTO

Shampiyona y’u Rwanda itangiye kugera ku rwego rw’isi, Ferwafa yatangaje ahantu Imikino ya shampiyona izajya ireberwa hakurikiranwa n’isi yose