in

Abahinduranya nk’uhindura imyenda y’imbere: Umwami w’abana Davis D yagaragaye ari kumwe n’indi nkumi y’ikizungerezi – AMAFOTO

Umuhanzi Davis D ukunda kwiyita Umwami w’abana Shine Boy, ukunze kugaragara ari kumwe n’abakobwa batandukanye, yongeye kugaragara ari kumwe n’indi nkumi y’ikizungerezi.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Davis D yasangije abamukurikira amafoto ari kumwe n’uyu mukobwa usanzwe ari umunyamideri uri kubaka izina hano mu Rwanda.

Ni mu gihe kandi Davis D, yari aherutse kugaragara ari kumwe n’umukobwa ufite uruhu rwera.

AMAFOTO

Umukobwa wagaragaye ari kumwe na Davis D

Umukobwa wari uherutse kugaragara ari kumwe na Davis D

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ingero z’amazina meza wakwita abana! Menya amazina y’abana ba Tom Close na Tricia bose uko ari 5

Bakimuteyeho ananirwa guhumeka, umukobwa yitabye Imana nyuma yo kwibagisha ikibuno