in

Shampiyona y’u Rwanda itangiye kugera ku rwego rw’isi, Ferwafa yatangaje ahantu Imikino ya shampiyona izajya ireberwa hakurikiranwa n’isi yose 

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Mata 2023, Ferwafa ibinyujije ku mbuga nkoranya mbaga zayo yatangaje ko ubu hari ahandi hantu hazajya hareberwa imikino ya shampiyona y’u Rwanda(PNL).

Aha ni ku rubuga rwa Fifa rusanzwe rucaho imikino ikomeye cyane rwitwa fifaplus.com cyangwa mugatunga application ya FIFA+ ijya muri Android na IOS.

Fifa kandi yatangaje ko hatazongera kureberwa imikino ya PNL kuri YouTube nkuko bajyaga bayinyuzaho ku ishene yabo ya YouTube.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bakimuteyeho ananirwa guhumeka, umukobwa yitabye Imana nyuma yo kwibagisha ikibuno

Impamvu hari abakobwa batemera kunyagirwa n’imvura: Reba videwo y’umukobwa bateye makeup maze ahita ahinduka 100% agira ubwiza budasanzwe