in

“Babyeyi beza nimuce inkoni izamba uyu mwana ajye kurera barumuna be” Umunyamakuru Clarisse Uwimana witegura kuba umubyeyi yatakambiye ubutabera kubabarira Titi Brown umaze imyaka ibiri muri Gereza

“Babyeyi beza nimuce inkoni izamba uyu mwana ajye kurera barumuna be” Umunyamakuru Clarisse Uwimana witegura kuba umubyeyi yatakambiye ubutabera kubabarira Titi Brown umaze imyaka ibiri muri Gereza.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Umunyamakuru Clarisse Uwimana wa BB Fm Umwezi, yatakambiye ubutabera kubabarira Titi Brown.

Nyuma yo gusohora ifoto y’uyu mubyinnyi, yarengejeho amagambo agira ati: “Babyeyi beza, ni muce inkozi izamba uyu musore aze arere barumuna be 🥲. Ndabyibuka muri 2018 nibwo yabuze nyina umubyara💔…haciyeho iminsi urusyo ruba rumwiyubitseho.”

Yasoje agira ati: “Turatakamba🙏🏿”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukwa buki kwabaye umuravumba! I Kigali umugabo umaze ukwezi akoze ubukwe yavumbuye ko umugore we yamuciye inyuma ni uko abimubajije umugore amwiryaho nta cyo yikanga

Musanze: Umugabo witwa Hakizimana Isaac arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa imihini n’abasore bamutegeye mu nzira ataha