in

Azajya ahebwa akayabo: Umunyezamu Ntwari Fiacre yamaze kumvikana n’ikipe ikina Caf Champions Leuge

Umunyezamu wa AS Kigali n’ikipe y’igihugu Amavubi Ntari Fiacre yamaze kumvikana n’ikipe ya FC Saint-Éloi Lupopo yo muri Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo.

Byitezwe ko asinya amasezerano y’imyaka 3 agahabwa ibihumbi 80 by’amadorari( miliyoni 80 Frw) ndetse akazajya ahabwa umushahara w’ibihumbi 6.5 by’amadorari (miliyoni 6.5 Frw)  buri kwezi.

Agiye guhanganira umwanya n’abanyezamu babiri bakuze aribo Yves Mukawa Kisanga w’imyaka 31’ na Ley Matampi Vumi w’imyaka 34 y’amavuko.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Adil ntabwo ava ku izima! Urubanza rw’umutoza Adil Mohammed wareze APR FC yatozaga ntabwo rurarangira

Yatekereje no ku babyeyi be: Onana yagabanyije amafaranga asaba kugira ngo akinire Amavubi ariko asaba gukorerwa ikindi kintu