in

‘Uwamubona mu bigofero n’ibigutiya akinana nti wakeka ko aberwa bigeze aha’ mu ikanzu nziza itamwambitse ubusa Rufonsina yagaragaye bitandukanye nuko benshi bamuzi (AMAFOTO)

‘Uwamubona mu bigofero n’ibigutiya akinana nti wakeka ko aberwa bigeze aha’ mu ikanzu nziza itamwambitse ubusa Rufonsina yagaragaye bitandukanye nuko benshi bamuzi (AMAFOTO)

Umukinnyi wa Filime Uwimpundu Sandrine wamamaye nka Rufonsina muri Filime y’umuturanyi yongeye kwigaragaza asa neza kandi yambaye imyenda imwubahisha itamwambika ubusa.

Mu bantu benshi bamuzi bamumenyeye muri Filime y’umuturanyi ndetse aho byagorana kubona uyu mukobwa yisize ibirungo cyangwa yambaye imyenda igezweho kuko muri iyi filime ayikinamo nk’umukozi wo murugo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ntirenganya Alfred
Ntirenganya Alfred
11 months ago

Uyu ni Alphonsina c? Cg nundi???? Ehh ni icyuma wallai

Ntirenganya Alfred
Ntirenganya Alfred
11 months ago

Mbega weee sha ni mwiza kbsa hagire umpa number yiwe kbsa

Ni ryari amagi ashobora kuba uburozi mu mubiri w’umuntu? (soma usobanukirwe)

Ashobora kuba ahinga urumogi muri Nyungwe, Turahirwa Moses ibye bikomeje kuba ikibazo cy’ingutu