in

”Ariko sha wowe ko udashaka umugabo…”Imyambarire ya Asinah wakanyujijeho na Riderman yatumye abazwa impamvu adashaka umugabo

Umuhanzikazi Asinah wamenyekanye hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yakoze zigakundwa n’abantu benshi yabajijwe impamvu adashaka umugabo kandi Riderman bahoze bakundana yaribarutse ndetse akaba afite n’abana b’impanga.

Iki kibazo Asinah Era yakibajijwe n’umufana we ubwo yashyiraga hanze ifoto imugaragaza mu myenda migufi . Uyu mufana yamubajije agira ati:”Ariko sha wowe ko udashaka umugabo ntuziko x wawe abyaye kabiri harimo nimpanga?”

Umuhanzikazi Asinah Era wigeze no gukundana imyaka itari micye na Riderman akaba yarinjiye mu ruhando rwa muzika nyuma yo gutandukana nawe nubwo udaheruka kwigaragaza  muri muzika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yateye intambwe ikomeye yo gusinyisha rutahizamu ukomeje kubica bigacika muri KCCA yo muri Uganda

Chelsea mu inzozi zo kuzakura agatubutse kuri Lukaku bitewe n’igikombe cy’isi