in

Chelsea mu inzozi zo kuzakura agatubutse kuri Lukaku bitewe n’igikombe cy’isi

Ikipe ya Chelsea yiteze kuzakura amafaranga menshi muri Romelu Lukaku bitewe nuko yizerako Lukaku azitwara neza mu mikino y’igikombe cy’Isi akazabona ikipe imugura agatubutse.


Ibi Chelsea yabitangaje nyuma yo gutiza Lukaku muri Inter Milan ku gaciro kangana na Miliyino esheshatu za mayero(€6.7 million) nyuma yuko Chelsea yari yaramuguze muri Intel muri 2021 ku kiguzi kingana na Miliyino mirongo icyenda na zirindwi bya Mapawundi(£97.5million) ariko akaza ku bahombera dore ko yayikiniye imikino 26 agatsindamo Ibitego umunani.

Romelu Lukaku w’imyaka 29 y’amavuko asigaye akinira ikipe ya Inter Milan muri Championa y’ikiciro cya mbere mu Butariyani ku ntizanyo ya Chelsea yu mwaka umwe ariko ushobora kongerwa aho amaze gukina imikino 4 atsindamo igitego kimwe

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

”Ariko sha wowe ko udashaka umugabo…”Imyambarire ya Asinah wakanyujijeho na Riderman yatumye abazwa impamvu adashaka umugabo

Abakunzi ba filime nyarwanda babuze uko bazireba dore inkuru nziza kuri bo