in

Ariko ni gute uca indirimbo zange utaraca itabi? Bruce Melodie aje yariye karungu ntago yumva ukuntu Abarundi baciye indirimbo ze(Videwo)

Ariko ni gute uca indirimbo zange utaraca itabi? Bruce Melodie aje yariye karungu ntago yumva ukuntu Abarundi baciye indirimbo ze(Videwo)

Mu kwezi Gushize kwa Mata ni bwo Goverinoma y’uburundi yafashe umwanzuro wo kugira zimwe mu ndirimbo harimo n’iza Kizigenza Bruce Melodie.

Impamvu nyamukuru Goverinoma y’uburundi yavuze ko izi ndirimbo zigisha ubusambanyi bitewe n’amagambo arimo.

Gusa ibyo ntago Bruce Melodie abyumva kimwe na bo kuko we yavuze ko ataraba n’umuhanzi n’ubundi abantu barasambanaga ikindi yongeye ho yavuze ko indirimbo ze atari mbi kurusha itabi.

Umuhanzi Bruce Melodie aheruka gushyira hanze indirimbo yitwa ‘Selebura’ ndetse akaba yarateguje n’izindi bitarenze uku kwezi kwa Gicurasi.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imana ibakire mu bayo: Bitewe n’imvura yaraye iguye umuryango wari ugizwe n’abantu 8 abantu 4 muri bo bapfuye  abandi bakagwa muri koma

Abadayimoni bahuye nuruva gusenya: Hagaragaye amashusho y’umugore utemagura amajyini(video)