in

Apr Fc yabonye itashimaho ku murindi w’abafana ba Rayon Sports ihata ifata umwanzuro ko igomba kujya kwihisha mu ntara ntizarebe ibyo Aba-Rayon bazaba bari gukora i Nyamirambo

Apr Fc yabonye itashimaho ku murindi w’abafana ba Rayon Sports ihata ifata umwanzuro ko igomba kujya kwihisha mu ntara ntizarebe ibyo Aba-Rayon bazaba bari gukora i Nyamirambo.

APR FC yakuyeho umukino yari ifitanye na Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu.

Nyuma yo gukuraho uwo mukino, APR FC yahise yisunga Mukura Fc mu kwizihiza yubire y’imyaka 60.

Uyu mukino wa Kiyovu Sports na Apr Fc wasubitswe wari kuba kuri uyu wa Gatandatu aho wari no guhurirana n’umunsi w’igikundiro.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umwe ni mwiza mu maso undi ni mwiza hasi mu gutera neza” Rwabuze gica hagati ya Dj Ira na Dj Sonia ku mukobwa mwiza cyane kurusha undi muri byose

‘Yongera ububobere ku bagore, ari mu bituma ugira uruhu rwiza, akurinda kurwara umutwe wa hato na hato n’ibindi byinshi…’ turebere hamwe ibyiza byo kunywa amazi n’ibipimo wayanywa ho