in

APR FC ikomeje guhura n’akaga gakomeye ko kubura abakinnyi binyingi zamwamba, babiri bakomeye ntabwo bazakina umunsi wa 20

Uyu munsi nibwo shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda irakomeza ku munsi wa 20, kuri uyu munsi hateganyijwe umukino umwe, ni umukino wo AS Kkigali igomnba kwakiramo Sunrise FC ukabera kuri Stade ya Bugesera ku isaha ya saa 15h.

Indi mikino izakomeza ejo aho na bwo hazaba umukino umwe wa Bugesera FC na Rustiro.

Ku wa Gatandatu hazaba imikino 4 harimo uwo Gasogi United izakiramo Rayon Sports ni mu gihe APR FC izakira Etincelles ku Cyumweru.

Niyigena Clement na Ruboneka Jean Bosco ni abakinnyi ba APR FC bari muri 7 batemerewe gukina umunsi wa 20 kubera ko bujuje amakarita y’imihondo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddyboo aracyayoboje inkoni y’icyuma ibyamamare mu Rwanda

Iyo bamaze kunywa ibiyobyabwenge barenzaho gusambana, imyitwarire ya bamwe mu banyeshuri bo muri Gasabo yabaye ibindi bindi