in

NdababayeNdababaye

Amashusho y’umunsi: umunyarwandakazi wagaragaye atwaye igare ahetse umwana yatunguye benshi .

Umubyeyi wo mu ntara y’amajyaruguru wagaragaye atwaye igare ahetse umwana mu mugongo yatangaje cyane abakoresha imbuga za interneti. Aya mashusho bivugwa ko yafatiwe ahitwa Mugera, yatunguye abantu ubwo uyu mubyeyi yanyongaga igare, ahetse umwana ndetse no ku igare rye hariho indi mizigo.Wabonaga atwara igare neza kandi yihuta cyane.

Reba amashusho hano hasi:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba umukinnyi urimo gushakishwa n’amakipe menshi y’ibihangange ku isi.

Birasekeje: umunyamideli w’uburanga wari warikoranye ubukwe noneho yihaye gatanya, dore icyabimuteye.