in

Amashusho y’abana bato batwitse mu kirori yasakaye ku mbugankoranyambaga

Itsinda ry’abana batujuje imyaka y’umukure bagaragaje bari mu birori by’ijoro ubusanzwe bijyamo abantu bakuru ,aho bagaragaye bapfundura inzoga zihenze.

Aba bana b’abahungu bagaragaye babyina umuziki ari nako banywa inzoga.

Amashusho yerekana abahungu bari hagati yimyaka 12 na 15, banywa n’inzoga zikomeye mu birori kandi bagomba kuba murugo ibintu byateye impaka kuri interineti.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuganga yahagaritswe amezi atatu mu kazi kubera imyitwarire idasanzwe yegaragaje

Mu Rwanda: umugabo ari mu marira menshi nyuma yo kwirukanwa mu rugo n’umugore we||yenda kwicwa n’inzara