in

 Amakuru ya siporo: FERWAFA yahagaritse ikibuga cyari gisanzwe gikinirwaho imikino ya shampiyona 

Amakuru ya siporo: FERWAFA yahagaritse ikibuga cyari gisanzwe gikinirwaho imikino ya shampiyona.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ryahagaritse ikibuga cy’ikipe ya Rugende gisanzwe gikinirwaho n’ikipe ya Addax FC y’umukire Mvukiyehe Juvenal wahoze ari Perezida w’ikipe ya Kiyovu Sports.

Impamvu nyamukuru yatumye ikibuga cya Rugende gihagarikwa n’uko kimeze nabi cyane dore ko bigoye ko amakipe yagikiniraho imikino ya shampiyona ndetse n’iyi gikombe cy’Amahoro muri iki gihe cy’imvura.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Kanzayire! Inkuru y’incamugongo ku bakunzi b’ikipe ya APR FC iri kwesurana na Police FC

APR FC yongeye guhana ikipe ya Police FC