in

Amakuru meza yihutirwa areba abantu bakunda ibicuruzwa byo muri Uganda

Hari hashize igihe ibicuruzwa biva mu gihugu cya Uganda bitagera mu Rwanda gusa muri iyi minsi ibi bicuruzwa biri kugaragara ku isoko.

Bamwe mu bacuruza n’abagura ibi bicuruzwa bishimiye kubona ibi bicuruzwa byongeye kugaruka ku isoko.

Umwe mu bacuruzi waganiriye na RadioTv10 yagize ati “Twarabyishimiye kuko twari tumaze igihe hari byinshi tutabona, bimwe na bimwe byamaze kuza ariko hari n’ibyo tutarangira kubona.”

Ubyo bicuruzwa byatangiye kuboneka ku isoko ni amavuta yo kwisiga azwi nka Movit, isabune y’ifu yo kumesesha ndetse n’amavuta yo guteka na kawunga.

Bamwe mu barurage bizeye ko ibi bicuruzwa bizanagira uruhare mu kumanura ibiciro ku masoko bikomeje gutumbagira.

 

 

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Rusororo: Ikimenyetso cy’uko Yvan Buravan yagiye mu ijuru cyaragaragaye (video)

Video; Umugore wanywesheje itabi inkende arimo guhigwa bukware