in

Amakuru meza ku bakunzi b’isukari mu Rwanda

Hashize igihe igiciro cy’isukari kiri hejuru mu buryo buteye ubwoba hirya no hino mu gihugu , gusa kuri ubu umuntu yavuga ko ari amakuru meza ku bakunda kuyikoresha kuko isukari yatangiye kumanuka.Mu bice bitandukanye by”Umujyi wa Kigali igiciro cy’isukari kikaba cyamanutse.

Amakuru avuga ko iri gabanuka ry’igiciro cy’isukari ryavuye ku 2000rw ndetse na 2500 Frw hamwe na hamwe kikagera ku mafaranga igihumi na magana atandatu(1600 frw).Ni ibyishimo ku bakunzi b’isukari nubwo hari abakomeza kuvuga ko igabanuka ritagomba kuba ku biciro by’isukari gusa kuko hari ibindi bicuruzwa byinshi bihenze cyane ku masoko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa ufite akazi keza yahishuye uburyo umukunzi we yenda kumwicisha amafaranga

Amavubi yabonye captain mushya