in

Amakuru mashya; Haruna Niyonzima yasezeye muri AS Kigali asinyira ikipe ikomeye hanze y’igihugu

Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Haruna Niyonzima yasezeye kuri AS Kigali asinya amasezerano y’umwaka umwe muri Al Ta’awon SC yo muri Libya.

Uyu mugabo yakoze akazi gakomeye kugira ngo bakuremo ikipe ya Al Nasser yo mu matsinda ya CAF confederation cup gusa ntabwo byakunze ariko ni umwe mu bari bitwaye neza cyane.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya; Papa yitabye Imana nyuma y’igihe arwaye

Umwana w’imyaka 16 yapfuye yishwe no kwikinisha inshuro 42 mu ijoro rimwe adahagarara!