in

Amakuru avuga ko Meddy asigaye akubitwa n’umugore we yishakiye akomeje kuba Kimomo

Meddy umaze imyaka ijya kugera kuri ibiri ashakanye n’umunya-Etiyopiyakazi uzwi nka Mimi kuri ubu bakaba bafitanye n’umwana.

Hari amakuru avuga ko Meddy nta cyubahiro ahabwa nk’umugabo kuko asigaye akubitwa n’umugore we yishakiye.

Ibi byakomeje gushimangirwa n’abanyamakuru nka Fatakumavuta ndetse naThe Cat aba bombi ibyo bahurijeho ni uko uyu muhanzi Meddy yakubiswe n’umugore we nyuma yuko amuhamagaye umunsi wose Telefone ye yayikuyeho bivugwa ko Meddy yakuyeho Telefone ubwo yari ari kumwe n’inshuti ze.

Gusa bivugwa ko icyarakaje Mimi cyane ari uko Meddy yavuye murugo avuga ko agiye muri studio gusa bikarangira ahitiye mukabari na telefoni akayikuraho ubwo Meddy yageraga murugo yasanze umugore we yariye karungu bikarangira amukubise urushyi.

Gusa aya makuru yose avugwa ba nyiri ubwite (Meddy na Mimi) ntibaragira icyo bayatangazaho cyangwa ngo bayanyomoze cyane ko ibi byose ari ibiba bivugwa nta gihamya gifatika gihari kugeza ubu.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Blanche
Blanche
1 year ago

Uhmm nones bundi ko mperuka meddy yajyiye muri gospel yakomezanije agacupa🤔

Amani
Amani
1 year ago

Mugira umunwa! Nonese kuki mwandika inkuru idafitiwe gihamya! Mwakabanje kuvugisha ba nyirubwite mbere yo kubyandika

Max
Max
1 year ago

Mujye mwandika ibintu mufitiye facts, nkaburiya nibiki mwanditse kuri Ange Dababy… Mwisubireho🔇

Reba amazina 50 y’abakobwa na 50 y’abahungu yakunzwe mu mwaka wa 2022, harimo nka James, Oliver, Emma, Isabella, Grace ndetse n’abandi menshi

Umwaka urashize Umuringa wakundanaga n’umuhanzi Junior yitabye Imana / Ubutumwa Junior yamugeneye bwakoze ku mutima benshi