in ,

Amakuru agezweho: Ferwafa yatangaje igikorwa amafaranga azava ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro azakoreshwa

Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa ryamaze gutangaza icyo amafaranga agera kuri 50% azava ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro azakoreshwa.

Umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro uzahuza amakipe abiri y’ibigugu hano mu Rwanda ariyo APR FC na Rayon Sports uzabera kuri sitade ya karere ka Huye tariki 03 Kamena 2023 aya mafaranga azajya mu bikorwa byo gufasha abantu bagizweho ingaruka n’ibiza.

Dore itangazo ryasohowe na Ferwafa:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Wazafashije Kinya Trap ko wabaye super nice Dj” Umuraperi ukomeye mu Rwanda yasabye Dj Brianne ubufasha bukomeye

Ish Kevin yanditse amateka akomeye cyane ku isi hose