in

Amahirwe niho asigaye: Ikipe APR FC yatuye umujinya murumuna wayo Marine FC mu gikombe cy’Amahoro

Ikipe ya APR FC iherutse gutsindwa n’ikipe ya Police FC mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda bigatuma itakaza umwanya wa mbere yatuye umujinya ikipe ya Marine FC.

APR FC yatsinze Marine FC ibitego 4-2 mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’Amahoro (Peace Cup) ikipe ya APR FC yatsindiwe na Mugisha Gilbert igitego kimwe na Bizimana Yannick na we igitego kimwe hamwe na Kwitonda  Alain Bacca watsinze ibitego bibiri muri uyu mukino ikipe ya Marine FC yatsindiwe na Usabimana Olivier na Nahimana Amim.

Ikipe ya APR FC ishyize imbaraga ku gikombe cy’Amahoro ndetse nicya shampiyona y’u Rwanda nubwo igikombe cya shampiyona cyo bitoroshye kubera ikipe ya Kiyovu Sports iri ku mwanya wa mbere nayo igishaka cyane.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niko byagombaga kugenda: Umuhanzi Safi Madiba yamaze gutandukana n’umugore we mu buryo bwemewe n’amategeko

Yikinishirije imbere y’abantu, Umuraperi w’umunyamerika yavuze icyamuteye kwikinishiriza mu ndege