in

Amagambo y’abakinnyi ba Marocco, yakoze mu gisebe abirabura bafanaga iyi kipe bayifuriza kugera kure

Morocco ikipe ya mbere muri Africa ibashije kugera muri ½ mu mikino y’igikombe cy’isi muri Africa ndetse ikaba itsinzwe n’ubufaransa ariko ntako itagize.

Abanyafrika benshi ntabwo bari bakiyumva muri iyi kipe kubera amagambo aherutse gutangazwa na Boufal ubwo batsindaha ikipe ya Portugal yanze gushimira abafana Bose muri rusange ahubwo arobanura abarabu ndetse n’abayisilamu Bose avuga ko aribo bashimiwe ndetse batuwe iyo nsinzi.

Abanyafrika bahise barakarira iyi kipe dore ko akenshi bakunze kuvuga ko abanya-marroco atari abo muri Africa bikaba byaratumye bamwe mu bafana babacikaho.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aisha wihebeye umutima wa Irene yaramukubise kubera Aline Gahongayire (video)

Hamenyekanye ingaruka zikomeye ziba ku muntu urya umunyu mubisi