in

Amafoto y’uburanga bw’ umukobwa w’ikizungerezi wambikiwe impeta muri stade ya Barcelona bikavugisha benshi.

Ku mukino Barcelona iheruka guhuramo na Real Betis tariki 4 Ukuboza 2021, abafana b’iyi kipe bamaze igihe bakundana batunguye benshi bari bitabiriye uyu mukino ubwo Ricardo Preciado Barba yatereraga ivi umukunzi we anamwambika impeta nk’ikimenyetso cyo kuzabana.

Mbere y’uko uyu mukino utangira abakinnyi bakiri mu Rwambariro, ni bwo Ricardo yahisemo gushinga ivi hasi asaba Nathalie ko yamubera umugore w’ibihe byose, na we arabyemera avuga ‘YEGO’. Nathalie ukomoka muri Mexico asanzwe ari umunyamideli uzwiho kwerekana inkweto zigezweho. Ricardo Preciado Barba washinze ivi na we akomoka muri Mexico akaba nyir’uruganda rwa Rayalty rucuruza ibikoresho bya siporo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kerakabaye imishahara ya batoza bo mu Rwanda yamenyekanye (Reba urutonde)

Papa Francis yavuze ko gukora imibonano mpuzabitsina kubatarashakanye atari icyaha gikomeye 😱