in

Amafoto y’ikimero cy’umunyamideli wateguye igitaramo cya Demarco muri BK Arena agahomba amamiriyoni atagira ingano -AMAFOTO

Umushabitsikazi mu mideli witwa Letitia ukunda kwiyita Rocky Try wavukiye mu Rwanda n’ubwo bigaragara ko atahakuriye aho  bigaragara ko yakuriye mu bihugu by’i Burayi n’ahandi.

Rocky Try wabaye mu Bwongereza akaba ari naho akorera ibikorwa bye bitandukanye harimo kumurika imideri mu mafoto ye.

Uyu mu nyamiderikazi ni we wateguye igitaramo cya Demarco aho bivugwa ko yahombye agera kuri Miliyoni 50 n’ubwo imibare itaratangazwa.

Igitaramo cya Demarco, cyitabiriwe n’abantu batarenze 50 muri BK Arena ubusanzwe yakira ibihumbi 10 abantu bicaye neza. 

Nubwo bataje ariko yari yishyuye abahanzi ndetse baranaririmbye, uburyo bw’imibereho ya Demarco n’ikipe ye n’abandi.

 

Yari gukodesha BK Arena, Stage n’abakozemo bose bagombaga kwishyurwa, amakuru ni uko igihombo Letitia yagize kirenga Miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi ba Rayon Sports bavuze amagambo atangaje kuri rutahizamu mushya Joachiam Ojera nyuma yo gukorana na we imyitozo ya mbere

Sunny waririmbanye na Bruce melodie ‘kungora’ ahishuye ibanga ridasanzwe riba ku mubiri we