in ,

AMAFOTO: Davis D nyuma y’udukingirizo agarutse mu buryo butangaje yambaye imyenda y’abagore

Umuhanzi Davis D wiyita umwami w’abatoto yatangiye kwambara imyenda y’abagore aho aherereye mu gihugu cy’u Burundi.

Davis D agiye kumara icyumweru mu gihugu cy’u Burundi aho ari mu bikorwa bijyanye n’umuziki birimo n’indirimo nshya aherutse gusubiramo we na Big Fizzo iri gufatirwa amashusho.

Uyu muhanzi utajya wiburira, yatangiye gusakaza amashusho ye atandukanye yambaye mu buryo budasanzwe ubona ko atari amenyereweho, harimo n’abari kumubwira ko yatangiye kwambara nk’abagore.

Ushobora kubona aya mafoto bikagutabgaza  bitewe n’uko utemeranywa nabyo cyangwa ngo amahame yawe ajyane nabyo, gusa ni imwe mu nkuru iri kuvugwa cyane mu Burundi aho Davis D aherereye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukwibyara gutera ababyeyi ineza: Umukecuru yabyinnye itsinzi y’umukobwa we karahava

Biratangaje! Umubyeyi ufatwa nk’uwambere wabyaye akiri muto ku isi, yabyaye afite imyaka 5 gusa y’amavuko – Shira amatsiko